Burya bwose Fireman na Afrique mwabuze ngo babanaga n'ishanga mukigo ngororamuco cya Huye.
Abahanzi babiri ndetse banakomeye kumpano zabo zitagereranywa hano mu Rwanda bari bamaze iminsi batagaragaza ibihangan byabo aribo Fireman w'umuraperi ndetse na mugenzi we Afrique w'umuririmbyi byamaze kujya ahabona ko bombi bamaze iminsi bari mukigo ngororamuco cya Huye.

Uwimana Francis Ivan Rashid Ronald wamenyekanye cyane munjyana ya Hip Hop akaba azwi nka Fireman mumakuru dukura kumihanda amwe bita ay'abamotari ๐๐ก๐๐ซ๐ฎ๐ญ๐ฌ๐ ๐ ๐ฎ๐ญ๐๐ง๐ ๐๐ณ๐ ๐ค๐จ ๐ฒ๐ข๐ฃ๐ฒ๐๐ง๐ฒ๐ mukigo ngororamuco ๐ง๐ฒ๐ฎ๐ฆ๐ ๐ฒ๐จ ๐ ๐ฎ๐ฌ๐๐ง๐ ๐ ๐๐ค๐๐ง๐๐ฒ๐ ๐ฎ๐ฆ๐ฐ๐๐ง๐ฒ๐ ๐ฐ๐จ ๐ค๐ฐ๐ข๐ฒ๐ข๐ญ๐๐ก๐จ ๐ฆ๐ฎ ๐๐ฎ๐ซ๐ฒ๐จ ๐๐ฐโ๐ข๐ฆ๐ข๐ญ๐๐ค๐๐ซ๐๐ซ๐๐ณ๐ ๐ค๐ฎ๐ ๐ข๐ซ๐ ๐ง๐ ๐จ ๐ฒ๐จ๐ง๐ ๐๐ซ๐ ๐๐ฌ๐ฎ๐๐ฎ๐ค๐ฎ๐ซ๐ ๐ข๐๐ข๐ค๐จ๐ซ๐ฐ๐ ๐๐ฒ๐ ๐ฆ๐ฎ๐ณ๐ข๐ค๐ ๐๐ฆ๐๐ณ๐ ๐ง๐๐ณ๐
Uyu muraperi yijyanye i Huye muri โIsange Stop Centerโ, aho yifuzaga kumarana igihe nโumuhanga mu bijyanye nโubuzima bwo mu mutwe uri kumufasha kongera kubaka ubushobozi mu bijyanye nโimitekerereze.
Fireman kuri ubu bigaragara ko amerewe neza i Huye, yerekejeyo muri Mutarama 2025, amakuru avuga ko asigajeyo igihe gito akaba yataha akongera gukomeza umuziki nkโibisanzwe cyane ko hari album yagiye atangiye gukoraho, aho yifuza kuyisohora muri uyu mwaka.
Siwe gusa kandi kuko na mugenzi we Josue Kayigire wamenyekanye cyane ku izina ry'ubuhanzi rya Afrique abenshi bamufata nk'inyenyeri iri kuzamuka cyane muri muzika nyarwanda nyuma yo kuzamukira mundirimbo yabaye agatangaza yiswe โโAgatunda'' nawe ngo nyuma y'iminsi itari mikeya ataboneka ngo nibwo bwihisho yabarizwagamo.
Tukaba tugikusanya andi makuru acukumbuye kurutaho ndetse duhite kubamenyesha vuba.
Inkuru zakunzwe
- Ese Icyari ishanga mumayunguyungu cyasimbujwe icupa? Uwitwa Emelyne yongeye kurikoroza kumbuga mumashusho y'ibyisoni nke!
- Kuri Kathia wa Adonis Bati "TURA TUGABANE NIWANGA BIMENEKE!" Ese koko ubu bukwe bupfuye butaranaba??
- Umuvugizi wa Perezida Kagame yahagamye Abanyamerika rubura gica !
- Afurika Y'epfo: Nibura u Rwanda rufite izina nyaryo, si icyerekezo gusa ku ikarita! Uko Niko Bari guhabwa inkwenene!
- Ese Uwicyeza Pamella yaba yarabyaye? Ese yabyaye iki, umuhungu cg ni umukobwa? The Ben yavuye i muzi byose mu kiganiro yakoreye kuri radio ikomeye hano mu Rwanda
- Abantu 177 nibo bimaze kwemezwa neza ko bahitanywe n'impanuka y'indege yabereye muri Korea y'amajyepfo
- Kwizera Emelyne โIshangaโ n'abandi barindwi bafunzwe bazira ibyaha birimo gusakaza amashusho yโurukozasoni
- Ruto wa Kenya yongeye gusembura Tchisekedi amuhamagararira ibyo adafitiye umwanya!
- Ubuhanuzi bwa Simpson ku mwaka wa 2025: Mbese, twiteguye indi ntambara y'isi yose cg imperuka?
- Koreya y'Epfo iri mu kaga gakomeye cyane kubw'impanuka ikomeye y'indege yagize. Dore amakuru mashya
- AMATEKA ARANDITSWE!!! Bwa mbere muri STADE AMAHORO hakoreshejwe VAR.
- NYAMBO Na Titi Brown: Amafoto meza agaragaza ibihe byiza byaranze umubano wabo, ndetse n'icyabateye gutandukana!
- Ni koko se Nyambo Jessica yaba Atwite!?๐ญ๐ญ๐ญ Umucyo kumubano we na Titi Brown wiswe besto.
- SQUID GAME II: FILIME IKOMEJE GUTEZE IMPAGARA NO KUZURA AKABOZE MURI VIETNAM.
- AZIZ Bassane mu muryango usohoka muri Rayon Sports
Ibitekerezo (0)
TANGA IGITEKEREZO
Email yawe irakomeza kubikwa mu ibanga