Nyuma yo guhabwa urwamenyo n'abafana Tanasha Donna yaretse guhinduza ingano y'iminwa ye.
Tanasha Donna wari warihinduje iminwa ye igahinduka mu ngano n’uko igaragara, yahisemo kubireka akagumana iminwa y’umwimerere nyuma yo guhabwa urw’amenyo n’abafana be.

Mu minsi yashize uyu mugore wabyaranye n’Umuhanzi Diamond Platnumz yifashishije imbuga nkoranyambaga ze ashyiraho amashusho agira inama abagore ku bijyanye n’imibanire, gusa ibitekerezo bigaruka ku minwa ye biba byinshi ku ruta ibyagarukaga ku butumwa yari yatanze.
Abanenze Tanasha Donna bamwe muri bo bakanamutuka, bakomozaga ku kuba aba ari mwiza iyo atahindujie imwinwa bisabye gutwerwa inshinge ibizwi nka ‘Lip fillers’, na byo bikorwa mu rwego rwo kwishyiraho ibirungo by’ubwiza.
Impaka kuri Tanasha zakomeje kuba nyinshi nyuma y’uko Umunyamakuru Mange Kimambi ufite izina rikomeye muri Tanzania na we yagize icyo abivugaho, gusa atanga igitekerezo ashyigikira uwo mugore anasaba abantu guhagarika kumutuka ahubwo bakamuha inama nziza.
Uyu munyamakuru yashimye ubwiza karemano bwa Tanasha, anamugira inama guhagarika kwitera ibyo birungo bisaba guterwa inshinge ku munwa.
Uyu munyamakuru yanijeje Tanasha ko azamutera inkunga kugira ngo ajye muri Los Angeles afashwe gukurwaho ibyo birungo,kuko ubusanzwe bishyirwwaho n’umuntu w’inzobere nk’uko hariho abahanga mu kongera cyangwa kugabanya amabere n’ibibuno ku babishaka, byose bigakorwa hagamijwe kongera uburanga nubwo hari abo bidahira.
Mange Kimambi yibukije Tanasha ko ibyo birungo by’ubwiza byamugiraho ingaruka mbi, ndetse ko adakwiye gutegereza ko bituma ubwiza asanganwe bucyendera.
Nyuma y’izo mpaka zose, Tanasha Donna yongeye kwifashisha imbuga nkoranyamabaga ze agaragaza ko yumvise inama yagiriwe, ndetse ko agiye kwikuraho ‘Lip fillers’ agasubirana iminwa ye karemano.
Inkuru zakunzwe
- Ese Icyari ishanga mumayunguyungu cyasimbujwe icupa? Uwitwa Emelyne yongeye kurikoroza kumbuga mumashusho y'ibyisoni nke!
- Kuri Kathia wa Adonis Bati "TURA TUGABANE NIWANGA BIMENEKE!" Ese koko ubu bukwe bupfuye butaranaba??
- Umuvugizi wa Perezida Kagame yahagamye Abanyamerika rubura gica !
- Afurika Y'epfo: Nibura u Rwanda rufite izina nyaryo, si icyerekezo gusa ku ikarita! Uko Niko Bari guhabwa inkwenene!
- Ese Uwicyeza Pamella yaba yarabyaye? Ese yabyaye iki, umuhungu cg ni umukobwa? The Ben yavuye i muzi byose mu kiganiro yakoreye kuri radio ikomeye hano mu Rwanda
- Kwizera Emelyne ‘Ishanga’ n'abandi barindwi bafunzwe bazira ibyaha birimo gusakaza amashusho y’urukozasoni
- Abantu 177 nibo bimaze kwemezwa neza ko bahitanywe n'impanuka y'indege yabereye muri Korea y'amajyepfo
- Ubuhanuzi bwa Simpson ku mwaka wa 2025: Mbese, twiteguye indi ntambara y'isi yose cg imperuka?
- Ruto wa Kenya yongeye gusembura Tchisekedi amuhamagararira ibyo adafitiye umwanya!
- Koreya y'Epfo iri mu kaga gakomeye cyane kubw'impanuka ikomeye y'indege yagize. Dore amakuru mashya
- AMATEKA ARANDITSWE!!! Bwa mbere muri STADE AMAHORO hakoreshejwe VAR.
- NYAMBO Na Titi Brown: Amafoto meza agaragaza ibihe byiza byaranze umubano wabo, ndetse n'icyabateye gutandukana!
- Ni koko se Nyambo Jessica yaba Atwite!?😭😭😭 Umucyo kumubano we na Titi Brown wiswe besto.
- AZIZ Bassane mu muryango usohoka muri Rayon Sports
- SQUID GAME II: FILIME IKOMEJE GUTEZE IMPAGARA NO KUZURA AKABOZE MURI VIETNAM.
Ibitekerezo (0)
TANGA IGITEKEREZO
Email yawe irakomeza kubikwa mu ibanga