PRINCE BADOO -UMUGOYI WAJE GUFATA KIGALI ARAPA TAYALI YATANGIYE GUHOGOZA
UMUGOYI WAJE GUFATA KIGALI
Hari hashize iminsi itari micye umwe mubahanzi nyarwanda bakiri bato babyitwaramo neza ndetse banerekanye ko bashoboye ibyo bagiyemo adashyira hanze igihangano na kimwe, akaba yari amaze amezi agera kwicyena (9) adasohora indirimbo nkuko tubigaragarizwa n’urukuta rwe rwa YouTube,
Uyu akaba ari umwe mubajene bafite inkomoko mu Rwanda ahazwi cyane nk’iwabo w’aba shapu (IWABO W’ABA SHARP/ I BUGOYI) nkuko icyamamare RIDERMAN cyahabatije ndetse n’abahakomoka badasiba kubishimangira mungiro zabo za burimunsi, Aho ntahandi ni I Rubavu, uwo ntawundi ni SHEMA PRINCE Wamenyekanye mumuziki nyarwanda munjyana ya HIP-HOP ndetse no kumbuga nkoranyambaga nka Instagram na Youtube aho akoresha amazina ya @prince_badoo [Trench Kid Must WIN/AMASAHA YO GUPFA}
Uyu mujeunne rero ufite inkomoko I Bugoyi akaba yaramenyekanye cyane mumwaka wa 2024 aho yakozemo ibikorwa bitari bikeya byamukuye mubwihisho aho yakoranye indirimbo na ZEOTRAP Umwe mubajeunne nabo bigaragaje neza muminsi ishize ndetse nanubu uri kurwego rwiza mugukora imiziki ikunzwe munjyana ya HIP-HOP Mu Rwanda bongeye knd muri 2023 uyu @prince_badoo akabayarakoze n’indi ndirimbo yahamije ubudasa iwabo I Bugoyi afatanyije na bamwe mubajeunne b’aho akomoko I Rubavu bise MBUGANGALI BLOCK ft. Feat Ynot8,ID West,Skizzo_cd & Questa yo yakurikiwe n’umuzingoo w’indirimbo zitari nkeya knd zikoze neza zigera kuri zirindwi (7) nawo wahawe umutwe ugira uti RAGE OF PRINCE, tugenekereje mu Kinyarwanda bikaba bivuze [UBURAKARI BW’IGIKOMANGOMA]. Izo ndirimbo zose ndetse n’izazikurikiye bikaba byarakozwe munjyana ya RAP.
Ni mugihe rero muri uyu mwaka mushya dutangiye wa 2025 atangiranye indi sura nshya yatunguye benshi ikabatera kwibaza no gutangazwa n’uko uwo bise Umugoyi waje gufata Kigali mukurapa byarangiye ari guhogoza, gusa si ibyo byonyine nubwo abafana bavuga batyo ntibasiba kwerekana ubwuzu n’urukundo bakiranye ingoma ye yabiciye yise #MUMBEHO, ikaba yarakozwe munjyana ituje ndetse amajwi yayo yatunganyijwe na Producer KUSHBEATZ Ndetse amashusho yayo nayo akaba yarafashwe ndetse akanatunganywa na SHAFFY_ACE Umwe mubavubuka babisaziyemo I Rubavu nkuko tubikura kurukuta rwe rwa Youtube.
Ibi bikaba byahamije ubudasa ko n’ahatari muti HIP-HOP naho akora indirimbo zizanira abafana be ibyishimo ndetse ko akinakomeje kubakorera indirimbo nziza muri uyumwaka mushya twatangiye
ISOOKO:https://www.instagram.com/princebadoo.1/
Inkuru zakunzwe
- Ese Icyari ishanga mumayunguyungu cyasimbujwe icupa? Uwitwa Emelyne yongeye kurikoroza kumbuga mumashusho y'ibyisoni nke!
- Kuri Kathia wa Adonis Bati "TURA TUGABANE NIWANGA BIMENEKE!" Ese koko ubu bukwe bupfuye butaranaba??
- Ese Uwicyeza Pamella yaba yarabyaye? Ese yabyaye iki, umuhungu cg ni umukobwa? The Ben yavuye i muzi byose mu kiganiro yakoreye kuri radio ikomeye hano mu Rwanda
- Abantu 177 nibo bimaze kwemezwa neza ko bahitanywe n'impanuka y'indege yabereye muri Korea y'amajyepfo
- Koreya y'Epfo iri mu kaga gakomeye cyane kubw'impanuka ikomeye y'indege yagize. Dore amakuru mashya
- AZIZ Bassane mu muryango usohoka muri Rayon Sports
- Ubuhanuzi bwa Simpson ku mwaka wa 2025: Mbese, twiteguye indi ntambara y'isi yose cg imperuka?
- CAF ifashe icyemezo gishaririye ku mupira w'amaguru wa Afurika
- AMERIKA: Uwitwa P Diddy IBYE BYONGEYE GUSHYIRWA AHABONA MUMAGURU MASHYA
- SQUID GAME II: FILIME IKOMEJE GUTEZE IMPAGARA NO KUZURA AKABOZE MURI VIETNAM.
- Kwizera Emelyne ‘Ishanga’ n'abandi barindwi bafunzwe bazira ibyaha birimo gusakaza amashusho y’urukozasoni
- Icyatwa muzo kuramya no guhimbaza Imana akaba n'umujakazi wayo tayali yamaze kurongorerwa ahabona.
- CAF yongereye ibihembo bya CHAN 2024, Amavubi akomeza kujya mu rujijo
- STADE AMAHORO Ishyizwe ku rwego rwa stade z'i burayi
- SQUID GAME: Gufatwa kunda bibaho koko, Ese ni koko iri niryo herezo ryayo ryeruye??
Ibitekerezo (1)
-
Ngaaaaho. Ngo yatangiye no guhogoza
TANGA IGITEKEREZO
Email yawe irakomeza kubikwa mu ibanga
Ibitekerezo (1)
Ngaaaaho. Ngo yatangiye no guhogoza
TANGA IGITEKEREZO
Email yawe irakomeza kubikwa mu ibanga